Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

RUYENZI-ABATURAGE BISHIMIRAKO BUBAKIWE UBUHINIKIRO BW'IMBUTO Y'IBIRAYI

Abaturage bo mu Kagari  ka Ruyenzi mu murenge wa Ruheru bishimirako bubakiwe ubuhunikiro bw'imbuto y'ibirayi bufite ubuhsobozi bwo kubika  toni 150. buzabafasgha kubona imbuto hafi kandi yizeye dore ko bari basanzwe  bajya kuyishaka  kure.

Ibi babigarutseho kuwa 24/09/2025 ubwo basurwaga n'Umuyobozi w'Akarere ka Nyaruguru Dr. Murwanashyaka Emmanuel ari kumwe n'umuyobozi wa LODA Madamu Nyinawagaga ari kumwe  n'abafatanyabikorwa.