Ubu ni bumwe mu butumwa bwatanzwe n'Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu Samuel Dusengiyumva ubwo yasuraga abaturage b'Umurenge wa Muganza na Nyagisozi hagamijwe kureba intambwe bagezeho mu guteza imbere imibereho myiza.
Ibi minisitiri yabisabye ubwo yasuraga Umurenge wa Muganza na Nyagisozi kuwa 25/02/2020 mu rwego rwo kureba uko serivisi Leta igenera abaturage zrimo VUP, Girinka,uburwezi mu ngo mbonezamikurire bifatasha abaturage kwikura mu bukene.
UUbwo yasuraga ikigo gifasha abana bafite ubumuga mu murenge wa Muganza , Umunyamabanga wa Leta yasabye ko ubuyobozi bufasha abaturage guhinga urutoki mu buryo bwa kinyamwuga doreko n'insina za kijyambere byoroshye kuzobona ku bufatanye na RAB.