Gusharira k'ubutaka bwa Nyaruguru kuba busharirira ni amahirwe akomeye ku guteza imbwere ubuhinzi bw'icyayi n'ikawa bikumwe n'abatari bake mu mahoteri akomeye yo mu Rwanda no hirya no hino ku isi
Ibi ni bimwe mu byo umuyobozi w'Akarere ka Nyaruguru Bswana Hbaitegeko Francois yatangarije abashoramari mu nama nyunguranabitekerezo ku iterambere n'ishoramari ry'Akarere ka Nyaruguru yabereye i Kigali.
Umuyobozi yabwiye abashoramari ko hakiri ikibazo cyo kubona umusaruro uhagije w'ikawa n'icyayi byoherezwa mu mahanga ariko ku bijyana n'ubwiza bw'ikawa n'icyayi byoherezwa mu mahanga bikundwa cyane n'abakiriya bahabwa serivisi mu hahoteri akomeye yo mu Rwanda , mu buraya ,muri Aurika ndetse n'abakoreha ingege ya Rwanda Air.
Umuyobozi w'Akarere ka Nyaruguru avuga ko hakiri ubutaka bunini butarahingwaho icyi n'ikawa uko byifuzwa akaba ariho ahera asaba abashoramari mu by'ubuhinzi kwihutira gushora imari mu Karere ka Nyaruguru dore ko boroherezwa kubona ubutaka kandi bagafashwa kugira ngo bahinge icyayi