RUHERU:ABATURAGE BARASABWA KWIRINDA IBYABASIRAGIZA MU NKIKO

Umuvunyi Mukuru Wungirije  Yankurije Odette arasaba  abaturage kwirinda ruswa no gukemura amakimbirane mu bwumvikanye hifashishwa uburyo bubegereye…

Read more →

Abaturage barakanurirwa kwamabara agapfukamunwa mu kwirindaCOVID-19


 Mu rwego rwo kwirinda ko icyorezo cya COVID -19 cyibasiye ibihugu  bitandukanye ku isi kikaba cyarageze mu Rwanda  aho  umuntu wa mbere wanduye…

Read more →

Abaturage bose barakangurirwa kwambara agapfukamunywa mu kwirinda CoVID-19

 Nyuma y'uko icyorezo cya COVID19  cyibasiye isi yose ndetse n'igihugu cyacu,  abaturage barakangurirwa kwambara agapfukamunywa  no  guhana intera…

Read more →

Abaturage barakangurirwa kwirinda Koronavirusi


 Mu rwego rwo kwirinda ko icyorezo cya koronavirusi cyibasiye ibihugu  byitandukanye ku isi kikaba cyarageze mu Rwanda  aho  umuntu wa mbere wanduye…

Read more →

Abaturage barasabwa gufata neza umusaruro w’ibigori

Hirya no hino mu bishanga byatunganijwe no mu materasi, iyo utereyeyo akajisho usanganirwa n'imirima y'ibigori byeze ku materasi no mu bishanga…

Read more →

Ubuhinzi bw'urutoki bugezweho bukwiriye gukwira hose

  Ubu ni bumwe mu butumwa bwatanzwe n'Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu Samuel Dusengiyumva  ubwo yasuraga abaturage…

Read more →

Mwadusuye hano i Kibeho mwishimye muzataha mwishimye kurushaho_ Gashema Janvier

Ayo ni amwe mu magambo umuyobozi wungirije w'Akarere ka Nyaruguru, Bwana Gashema Janvier yabwiye itsinda ry'abakerarugendo nyobokamana 41 …

Read more →

Ubutaka bushari si ikibazo ahubwo ani amahirwe akomeye mu kwinjiriza igihugu amadevize

 Gusharira k'ubutaka bwa Nyaruguru kuba busharirira ni amahirwe akomeye ku guteza imbwere ubuhinzi bw'icyayi n'ikawa bikumwe n'abatari bake mu …

Read more →