RUHERU:ABATURAGE BARASABWA KWIRINDA IBYABASIRAGIZA MU NKIKO

Umuvunyi Mukuru Wungirije  Yankurije Odette arasaba  abaturage kwirinda ruswa no gukemura amakimbirane mu bwumvikanye hifashishwa uburyo bubegereye…

Read more →

RURAMBA: HATANGIJWE ICYUMWERU CYO KWIBUKA KU NSHURO YA 31 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI

Umuyobozi w'Akarere ka Nyaruguru Dr. Murwanashyaka Emmanuel yatangije icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside  yakorewe Abatutsi asaba…

Read more →

ABABYEYI BASABWE KWIRINDA GUPFUSHA UBUSA UBUSHOBOZI BAFITE AHUBWO BABUKORESHA MU KWITA KUBANA BABO

Ubwo yasozaga umwiherero w'abafaite aho bahurira n'ibikorwa byo kurwanya igwingira  n'imirire mibi, Umuyobozi w'Akarerre Wungirije ushinzwe imibereho…

Read more →

ABAYOBOZI BARASABWA KWITA KU MIKORERE Y'INGO MBONEZAMIKURIRE

Ubwo yatangizaga umwiherero w'iminsi  2 wahuje abakozi kuva ku rwego rw'Akarere kugeza mu tugari,inzego z'umutekano n'abafatanyabikorwa, Guverineri…

Read more →

NGERA:IMIBIRI ISAGA 270 Y’ABAZIZE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI IRI KWIMURIRWA I GISHAMVU

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Patrice Mugenzi  ari kumwe  na  Guverineri w’Intara y’Amajyepfo ,Senateri mu Nteko ishingamategeko y’u Rwanda, …

Read more →

ABAHESHA B'INKIKO BASABWE GUTANGA UBUTABERA HAKURIKIJWE AMATEGEKO

ubwo yakiraga ku mugaragaro indahiro z'Abahesha b'Inkiko batari ab'umwuga, Umuyobozi w'Akarere ka   Nyaruguru Dr. Murwanashyaka Emmanuel yasabye  …

Read more →

AKARERE KA NYARUGURU KU MWANYA WA KABIRI MU BIKORWA BY'URUGERERO

 Akarere ka Nyaruguru kaje ku mwanya wa kabiri  mu gushyira  mu bikorwa urugerero rw'inkomezabigwi icyiciro cya  12 mu gushyira mu bikorwa imihigo…

Read more →

ABANYESHURI BARASABWA GUKORANA UMWETE KUGIRA NGO BAGERE KU NZOZI ZABO.

Mu bukangurambaga bwiswe ‘Nawe Wagera Kure’ bwateguwe na Minisiteri y'uburezi ku bufatanye n'Akarere ka Nyaruguru ,  abanyeshuri basabwe gukorana…

Read more →

UMUYOBOZI MUSHYA WA WOOD FONDATION YATASHYE IBIRO BISHYA BYA SCON.

Umuyobozi w'Akarere ka Nyaruguru Dr. Murwanashyaka Emmanuel ari kumwe n'Umuyobozi Mukuru wa The  Wood Fondation,Gareth Wood, Umuyobozi Mukuru wa Wood…

Read more →

ABADEPITE BASHIMWE UKO IBIKORWAREMEZO BYO MU BUHINZI BIFASHWE

 Ubwo abagize Inteko Ishinga amategeko umutwe w'Abadepite bagize Komisiyo y'ubutaka, ubuhinzi, ubworozi n'ibidukikije basuraga ibikorwaremezo…

Read more →