RUHERU:ABATURAGE BARASABWA KWIRINDA IBYABASIRAGIZA MU NKIKO

Umuvunyi Mukuru Wungirije  Yankurije Odette arasaba  abaturage kwirinda ruswa no gukemura amakimbirane mu bwumvikanye hifashishwa uburyo bubegereye…

Read more →

NGERA: Hibutswe  imbaga yatikiriye mu Kibaya cya Demari mu murenge wa Ngera ubwo yagerageza guhunga yerekeza mu gihugu cy’u Burundi

Hon. Despite Mukabalisa Germaine yifatanije n’ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru mu kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi yihanganisha…

Read more →

INZOBERE MU BYA GISIRIKARE NO MU BUVUZI ZEGEREJE ABATURARAGE SERIVISI Z'UBUZIMA

Kuri uyu wa 20 Gicurasi 2024, Mu bitaro by'Akarere bya Munini,Umuyobozi w'Akarere ka Nyaruguru Dr. Murwanashyakaa Emmanuel yatangije ku mugaragaro…

Read more →

URUBYIRUKO RURASABWA KUBA KU ISONGA MU KWITABIRA AMATORA YA PEREZIDA WA REPUBULIKA N'ABADEPITE

Mu nteko rusange y'Inama y'Igihugu y'urubyiruko yateranye kuwa  31 Gicurasi 2024, urubyiruko rwasabwe kugira  uruhare  ndasimburwa mu  matora ya…

Read more →

BUSANZE: UBUYOBOZI BWIJEJE ABAROKOTSE KO BUZAKOMEZA KUBABA HAFI

Ubwo hibukwaga abasaga  ibihumbi icumi ( 10,000 )  bazize Jenoside  yakorerewe Abatutsi biciwe mu murenge wa Busanze, Ubuyobozi bwijeje abaharokokeye…

Read more →

MINISITIRI ALBERT MURASIRA-ABATURAGE BASABWE GUTANGA AMAKURU Y’AHABA HAKIRI IMIBIRI

Ubwo Minisitiri Ushinzwe Ibikorwa by'Ubutabazi Maj.Gen.(Rtd) Albert Murasira yifatanyaga n’abaturage b’Akarere ka Nyaruguru mu gushyingura mu…

Read more →

KIBEHO:ABARAKOTSE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BAHUMURIJWE, ABATURAGE BASABWA KWIMIKA UBUMWE

Kwimika ubumwe niryo hame Leta y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yubakiyeho. Ibi byagarutsweho ubwo hibukwaga ku nshuro ya 30 bagera ku bihumbi mirongo…

Read more →

KWIBUKA 30:ABATURAGE BARASABWA KWIRINDA INGENGABITEZO YA JENOSIDE

 ubwo hatangizwaga icyumweru cy'icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, abaturage b'Akarere ka Nyaruguru basabwe kwirinda in…

Read more →

ABAGORE BISHIMIYE INTABWE BATEJWE NA NYAKUBAHWA PEREZIDA WA REPUBULIKA

 Ubwo hizihizwaga  umunsi Mpuzamahanga  w'umugore mu mirenge itandukanye  abagore bo mu Karere ka Nyaruguru  bishimiye ibyo Nyakubahwa Perezida wa…

Read more →

IMIRYANGO 5000 IGIYE KUFASHASHWA MU BIKORWA BY'ITERAMBERE RY'UBUHINZI N'UBWOROZI

Imiryango 5000 igiye gufashwa gukora ubuhinzi n'ubworozi buteye imbere kugira ngo ibashe  kongera umusaruro w'ibiribwa no gusagurira amasoko.

Ibi ni…

Read more →